Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere,ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca imyeyo,uwo akaba wari umuhango wakorerwaga ku myanya ndangagitsina gusa. Hakaba hari impamvu nyamukuru yatumaga abakobwa…