U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi yabaga ari mu banyacyubahiro bakomeye I Bwami, yaherekezaga umwami mu…